Politiki
Senateri Lindsey Graham wavuganiye AFC/M23 kenshi, yapfuye
Senateri mu Nteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Lindsey Graham wo mu ishyaka ry’Aba-Republicains, yapfuye afite imyaka 71. Amakuru y’urupfu rw’uyu mugabo wari uhagarariye (…)
Imodoka 3 zari zitwaye abasirikare b’u Burundi n’amasasu zagabweho ibitero, imirwano ya Fizi na Minembwe yongeye guhindura isura
Imirwano ikomeje kubera mu misozi miremire yo mu Ntara ya Sud-Kivu yongeye kuvugwamo impinduka zikomeye nyuma y’amakuru aturuka muri Teritwari ya Fizi avuga ko imodoka eshatu zari zitwaye (…)
Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran yahize guhorera ku rupfu rwa se
Umuyobozi w’ikirenga wa Iran, Ayatollah Mojtaba Khamenei, yatangaje ko igihugu cye kigomba kwihorera ku rupfu rwa se Ali Khamenei wiciwe mu biteri byagabwe na Amerika mu mpera za Gashyantare 2026. (…)
AFC/M23 yigambye ko yarangije intambara yo muri Minembwe
Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ibikorwa by’imirwano muri Komini ya Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, byasojwe nyuma y’uko rivuga ko ryigaruriye ibice byari bifitwe n’ingabo za Leta ya (…)
PAC yaguye mu kantu! Intebe zaguzwe Miliyoni 11 Frw zangiritse hadashize n’umwaka, RMS yongeraho Miliyoni 1,2 Frw yo kuzisana
Abadepite bagize Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo bya Leta (PAC), bagaragaje ko bitumvikana uburyo Ikigo gishinzwe kugura no gukwirakwiza imiti n’ibikoresho byo kwa (…)
Burundi: Isoko ryahiye rirakongoka nyuma yo kubura urizimya - Icyo Perezida Ndayishimiye abivugaho
Isoko Rikuru rya Ngozi mu Majyaruguru y’u Burundi ku mugoroba w’ejo talikiya 9 Nyakanga 2026, ahagana saa 20:00 z’umugoroba ryibasiwe n’inkongi y’umuriro ikomeye rirashya rirakongoka. Amakuru (…)
Iran yihimuye kuri Amerika
Intambara y’amagambo n’ibitero hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran yongeye gukaza umurego mu ijoro ryo ku wa 8 rishyira ku wa 9 Nyakanga 2026, aho impande zombi zashyamiranye ku nshuro (…)
Niba badashaka kumva ibyo mbabwira bazumvira ijeri - Col (Rtd) Bora wahoze muri FDLR aburira bagenzi be
Col (Rtd) Nshimiyimana Augustin alias ‘Bora Manasseh’ wahoze ashinzwe ubutasi bwo hanze mu mutwe wa FDLR, yasabye bagenzi be bakiri mu mitwe irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda kumva impanuro akunze (…)
Trump yibasiye bikomeye ubutegetsi bwa Iran anavuga ko atagishaka kugirana amasezerano na bwo
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko agahenge hagati ya Amerika na Iran “karangiye”, ashinja Iran kugira ubuyobozi bwazobereye mu guhwika. Ni nyuma y’uko (…)
Perezida Kagame yitabiriye inama ya AI ahamagarira Afurika gufata iya mbere muri iri koranabuhanga
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko Afurika ikwiye kugira uruhare rugaragara mu iterambere ry’Ikoranabuhanga ry’Ubwenge Buhangano (Artificial Intelligence-AI), agaragaza ko (…)