Politiki
U Rwanda rwashubije Uburundi buherutse gutira intwaro n’abasirikare ngo burutere ubwoba
U Rwanda rukomeje gutanga ubutumwa bugaragaza ko rushyize imbere kubaka ubushobozi bw’Ingabo zarwo binyuze mu bufatanye n’ibindi bihugu, aho kwinjira mu bikorwa byo kwiyerekana no gukoresha (…)
Ubwato karundura bw’Uburundi bwakoraga uburinzi muri Tanganyika bwaburiwe irengero
Amakuru aturuka mu gisirikare cy’u Burundi aravuga ko ubwato bwacyo bwifashishwaga mu gucunga umutekano mu Kiyaga cya Tanganyika bumaze iminsi ibiri bwaraburiwe irengero. Ubu bwato buzwi nka (…)
Amerika na Iran byongeye kurasanaho nyuma y’ukwezi kumwe gusa basinye amasezerano
Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziravuga ko yagabye ibitero “bikomeye” kuri Iran mu rwego rwo gusubiza ibitero ku bwato butatu bwa peteroli mu Muhora wa Hormuz. Ubuyobozi bukuru bw’Ingabo za (…)
Mu gihe Tshisekedi bikimugoye Mnangagwa WA Zimbabwe yatangaje amavugururwa ku itegekonshinga
Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa, yashyize umukono ku ivugurura ry’Itegeko Nshinga rikuraho amatora ya Perezida ataziguye, risubika amatora ateganyijwe ndetse rikongerera igihe azamara ku (…)
RDC: Abapfakazi b’abasirikare batangije imyigaragambyo ikomeye basaba Ibintu 2
Abapfakazi b’abasirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bitabye Imana bongeye kuzamura ijwi ryabo mu rwego rwo gusaba Leta kubaha uburenganzira bavuga ko bamaze igihe kirekire (…)
UN yahaye Perezida Kagame inshingano zikomeye mu bijyanye na AI
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagizwe umwe mu bayobozi ba Komisiyo Mpuzamahanga yiswe AI for Good Global Commission, igamije guteza imbere ikoreshwa ry’ubwenge buhangano (…)
Amabwiriza ya nyuma ya Fred Rwigema n’ibihe bishaririye ku rugamba rwo kubohora igihugu
Ubuzima bwo kuba impunzi, gutotezwa no guhora wibutswa ko igihugu cyawe kiri kure yawe ni bimwe mu byatumye urubyiruko rw’Abanyarwanda rwari rwarakuriye muri Uganda rutangira gutekereza inzira (…)
AFC/M23 na Twirwaneho bafashe akandi gace gakomeye kari karazengerejwe n’ingabo za Leta
Umutwe wa MRDP-Twirwaneho uharanira uburenganzira bw’Abanyamulenge, ufatanyije n’ihuriro AFC/M23, nyuma yo gufata agace ka Point Zero, bigaruriye akandi ko muri Teritwari ya Fizi mu Ntara ya Kivu (…)
AFC/M23 yatangaje ko itazigera iva ku butaka bwa Congo
Umutwe wa AFC/M23 uhanganye n’ingabo za Leta ya Congo n’abazishyigikiye mu ntambara yo mu Burasirazuba bw’igihugu, wabwiye abayoboye Congo ko nta kintu na kimwe cyabakura ku butaka bw’igihugu (…)
Perezida Ndayishimiye wiyemeje gufasha inshuti ye Tshisekedi yahurije i Bujumbura abatavugarumwe nawe
Nyuma y’uko abatavuga rumwe n’Ubutegetsi bwa RDC bakomeje kujegeza Tshisekedi, inshuti ye y’akadasohoka, Perezida Ndayishimiye, yakoze ibishoboka byose aho yabahurije i Bujumbura mu biganiro byo (…)