Politiki
Mu mugi wa Uvira habyukiye imirwano ikomeye cyane
Umujyi wa Uvira uherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wongeye kwisanga mu bihe bikomeye by’umutekano muke, nyuma y’ibikorwa byafashwe nk’imbarutso (…)
U Rwanda mu murongo utukura mu iyubahirizwa ry’uburenganzira bw’itangazamakuru ku isi
Iyi raporo ya World Press Freedom Index yerekana ko n’ubwo igihugu gikomeje gutera imbere mu nzego zitandukanye, urwego rw’itangazamakuru rugifite imbogamizi zikomeye. Iyi raporo iriho ibihugu (…)
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Mageragere yatawe muri yombi
RIB ibinyujije ku rubuga rwayo rwa X, yatangaje ko Gitifu Hategekimana Silas akurikiranyweho “ibyaha bya ruswa no kumena ibanga ry’akazi.” Uru rwego rwasobanuye ko mu mwaka wa 2023 na 2024 (…)
Amerika yongeye gukubita Iran Ahababaza
Ingabo za Amerika zatangaje ko zasubijeyo ubwato 31 bwiganjemo ubw’ibikomoka kuri peteroli bwari buvuye ku byambu bya Iran. BBC yanditse ko bwinshi muri ubu bwato bwari bwikoreye ibikomoka kuri (…)
Perezida Ndayishimiye asanga amatora ahombya Uburundi
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimye, yatangaje ko amatora ahombya igihugu kandi ko amafaranga ashorwamo yakabaye yifashishwa mu bikorwa byo guteza imbere abaturage. Ubwo yatangizaga (…)
Kinshasa: Ubushinjacyaha bwahuye n’uruva gusenya mu rubanza rwa Lt Gen Yav rwajemo Rtd Gen. James Kabarebe
Urubanza ruregwamo Lt Gen Philémon Yav Irung rukomeje kuba kimwe mu byateye impaka zikomeye mu nzego z’ubutabera bwa gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’uko ku wa 21 (…)
Byagenze gute ngo Tshisekedi yihakane Kabila? Hamenyekanye amasezerano y’ibanga basinyanye mbere y’uko amwibira ubutegetsi
Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, akunze kumvikana ashinja Félix Antoine Tshisekedi wamusimbuye ku butegetsi kwica amasezerano bagiranye, ubwo (…)
Udukingirizo tugiye kujya tubona umugabo dusibe undi
Uruganda rwa Karex rwa mbere ku Isi rukora udukingirizo rwinshi, rwatangaje ko rugiye kuzamura igiciro cyatwo ku kigero cya 30% kubera intambara ikomeje kubera intambara ya Iran na Leta Zunze (…)
U Burundi bwahawe drone 5,000 zo kwifashisha mu gutera u Rwanda
Amakuru atandukanye akomeje gucicikana mu karere k’Ibiyaga Bigari aragaragaza ko umwuka wa politiki n’umutekano ukomeje kuzamo igitutu, aho ibihugu bimwe bivugwaho kwinjira mu migambi igamije (…)
Iran na USA bari guterana amagambo aganisha mu ntambara nshya
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), Donald Trump yavuze ko azakomeza gufunga ibyambu bya Iran ndetse icyo gihugu kizahura n’akaga gakomeye kugeza igihe kizemerera amasezerano (…)