Politiki

Hakomeje kwibazwa impamvu Mojtaba Khamenei uyobora Iran muri iki gihe atabonetse mu muhango wo gushyingura se

Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Mojtaba Khamenei, ntabwo yabonetse mu muhango wo gushyingura se, ubwo abayobozi bakuru b’igihugu bifatanyaga n’ibihumbi mu guha icyubahiro nyakwigendera Ayatollah (…)

EU yahinduye intekerezo ku ngabo za RDF ziri Cabo Delgado

Perezida wa Mozambique, Daniel Chapo, yatangaje ko Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) uzakomeza gutera inkunga ubutumwa bw’ingabo z’u Rwanda zifasha igihugu cye kurwanya iterabwoba mu Ntara ya (…)

Ndayishimiye yijeje Tshisekedi kumugwa inyuma: Ibitaravuzwe ku ruzinduko rw’i Kinshasa

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye aheruka gusura i Kinshasa inshuti ye y’akadasohoka, Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, mu ruzinduko rw’iminsi ibiri (…)

Perezida Tshisekedi yatumye Ndayishimiye kuri AFC/M23 ngo baganire

Amakuru aturuka mu Burundi aravuga ko Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yahaye Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, inshingano zo kuganiriza bamwe mu (…)

Perezida Kagame yashimangiye ko kwibohora kw’Abanyarwanda bitazigera birangira

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yashimangiye ko gukora ibikorwa byo kwibohora bitazigera bihagara ahubwo bizakomeza kujyanishwa n’igihe, asaba Abanyarwanda gukomeza kunga ubumwe (…)

Gen. Muhoozi yifatanyije n’u Rwanda ku munsi wo Kwibohora ashima ubuyobozi bwa Perezida Kagame

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba yifatanyije n’Abanyarwanda kwizihiza ku ncuro ya 32 umunsi wo Kwibohora, ashima iterambere u Rwanda rumaze kugeraho muri iyo myaka, (…)

Amerika yinjiye mu ntambara yo muri RDC, izana itegeko rishya rigiye guhindura imibanire n’u Rwanda

Ibibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bikomeje gufata indi ntera ku rwego mpuzamahanga, aho Leta Zunze Ubumwe za Amerika zigaragaza ko ziteguye (…)

Umunsi Samusure asetsa Perezida Kagame bitewe na Min. Nelly Mukazayire

Umukinnyi wa filime, Samusure yatangaje ko atajya yibagirwa umunsi agirirwa icyizere kidasanzwe na Minisitiri wa Siporo, Madame Nelly Mukazayire byanamuviriyemo gutoranywa mu bandi banyarwenya (…)

Harris Kamala yaciye amarenga ko Donald Trump yaba ari ikigoryi

Kamala Harris yakomewe amashyi y’urufaya ubwo yagaragazaga ko intambara Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel byashoje kuri Iran ari umwanda. Yabigarutseho ku gicamunsi cyo ku wa 7 Gicurasi (…)

Coup d’Etat mu Burundi? Intambara mu nzego z’umutekano yongeye kubura nyuma yo kurekurwa kwa Bunyoni

Umwuka mubi n’amakimbirane ukomeje gufata intera mu nzego z’umutekano n’iza politiki mu Burundi muri uyu mwaka wa 2026, aho amakuru atandukanye agaragaza ko igisirikare cy’u Burundi (FDNB) kiri mu (…)