Politiki
Iran na Amerika bikomeje kumvana imitsi ariko amato atwaye Peterori akomeza kuhahurira n’akaga
Iran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika byakomeje kumishanaho ibisasu bya misile na drones aho Amerika ivuga ko yarashe ahantu hatandukanye muri Iran, iki gihugu na cyo kivuga ko cyarashe ibirindiro (…)
Umusenateri ukomeye muri Amerika yifatiye ku gahanga Donald Trump amushinja kuduruvanga Amerika
Umuyobozi w’Abasenateri b’Abademokarate muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Chuck Schumer, yanenze bikomeye Perezida Donald Trump nyuma y’aho amenyesheje Kongere ko Amerika yongeye kujya mu (…)
Leta ya RDC yohereje abofisiye batatu i Goma
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwohereje mu Mujyi wa Goma abofisiye batatu bazagira uruhare mu kugenzura iyubahirizwa ry’agahenge mu burasirazuba bw’igihugu. Aba (…)
Donald Trump yafatiye ibihano bikakaye Iran nyuma y’uko Iran igabye ibitero bikomeye ku birindiro byayo
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko igihugu cye kigiye gukaza ingamba zo kugenzura Umuhora wa Hormuz, aho yavuze ko ubwato bwose bwa Iran n’ubw’abafatanyabikorwa (…)
AFC/M23 yarekuye ibice byinshi muri Walikare
Abarwanyi b’Ihuriro AFC/M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bari kuva mu bice byinshi byo muri Gurupoma ya Ikobo muri Teritwari ya Walikare mu (…)
Amerika yasuzuguye amakuru ku gitero cya Iran biyiviramo akaga gakomeye
Ubuhamya bw’abasirikare ba Amerika barokotse igitero cya Iran ku kigo cya gisirikare cya Port Shuaiba muri Kuwait, bwagaragaje ko abayobozi babo bari barahawe amakuru y’ubutasi aburira ko icyo (…)
Kalemi hagaragaye abacancuro benshi b’abazungu n’ibikoresho byabo
Abacanshuro b’abanyamahanga bakodeshejwe na Guverinoma ya Congo n’ibikoresho byabo bagaragaye uyu munsi, kuwa Mbere, mu mihanda ya Kalemi berekeza muri Baraka. Haravugwa kandi izindi ngabo (…)
The Ben yakiriye Ashton Hall mu rugo
The Ben yakiriye iwe mu rugo Umunyamerika Ashton Hall n’itsinda bari kumwe, ririmo Ashton Small wamamaye nka Kagarara ndetse na Yogendra Kushwah uzwi nka Indian Ashton Hall. Ni igikorwa cyabaye (…)
Moise Nyarugabo wahoze ari Senateri akaba n’umwe mu begereye Joseph Kabila yagaragaye mu bice bigaruriwe na Twirwaneho
Uwahoze ari Senateri muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Moïse Nyarugabo, uri mu begereye Joseph Kabila, yasuye Point Zéro nyuma y’iminsi micye habohojwe n’abarwanyi b’umutwe wa Twirwaneho. (…)
FARDC yakiriye izindi drones kabuhariwe zikorwa na Turkiya
Amakuru aturuka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ataremezwa n’urwego urwo ari rwo rwose rubifitiye ububasha, aravuga ko Igisirikare cya FARDC cyakiriye indege 3 zitagira abapilote zigezweho (…)