Category: Politiki

Amakuru ya Politiki yaba iyo mu Rwanda ndetse n’iyo mu mahanga

  • Ntibirarangira: Amerika iraburira u Rwanda na RDC ko bishobora gufatirwa ibindi bihano

    Ntibirarangira: Amerika iraburira u Rwanda na RDC ko bishobora gufatirwa ibindi bihano

    Leta Zunze Ubumwe za Amerika zongeye gukaza umurego mu gusaba u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kubahiriza amasezerano y’amahoro yasinyiwe i Washington, ziburira ko kutubahiriza ibyo impande zombi ziyemeje bishobora gutuma hafatwa ibindi bihano. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Gatanu n’Umujyanama wihariye wa Perezida wa Amerika ushinzwe Afurika, Massad Boulos, ubwo yagezaga ijambo…

  • Umuhungu wa Maj. Gen Rwigema yagaragaye mu ruhame i Kigali nyuma y’impanuro za Perezida Kagame

    Umuhungu wa Maj. Gen Rwigema yagaragaye mu ruhame i Kigali nyuma y’impanuro za Perezida Kagame

    Eric Gisa Rwigema, umuhungu wa Late Maj. Gen Fred Gisa Rwigema watangije urugamba rwo kubohora u Rwanda, yagaragaye i Kigali aho yari yitabiriye umukino wa Basketball. Eric yagaragaye ku wa Gatanu tariki ya 27 Kamena, ubwo yari yitabiriye umukino wo kwibuka Kenrik Kabano wahoze akinira ikipe y’igihugu y’abato. Ni umukino wabereye muri Zaria Court, i…

  • Amerika yafatiye ibihano ibigo 4 byo Rwanda n’abayobozi babyo kubera Zahabu ya RDC
    ,

    Amerika yafatiye ibihano ibigo 4 byo Rwanda n’abayobozi babyo kubera Zahabu ya RDC

    Leta Zunze Ubumwe za Amerika binyuze mu Ishami rya Minisiteri yayo y’Imari rishinzwe kugenzura umutungo w’abafatirwa ibihano (OFAC), yafatiye ibihano uruganda rwa ‘Gasabo Gold Refinery Ltd’ rwo mu Rwanda ndetse n’abaruyobora. Ni nyuma yo kurushinja kugira uruhare mu gucuruza no gutunganya zahabu ikurwa mu buryo butemewe mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Minisiteri…

  • Leta ya Congo yareze u Rwanda mu rukiko mpuzamahanga

    Leta ya Congo yareze u Rwanda mu rukiko mpuzamahanga

    Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko yatanze ikirego mu Rukiko Mpuzamahanga rw’Ubutabera (ICJ), irega u Rwanda ibyaha bikomeye ivuga ko rumaze imyaka 30 rukorera ku butaka bwayo. Minisiteri y’Itangazamakuru n’Itumanaho ya RDC mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Gatanu, yavuze ko iki kirego kigamije gusaba urukiko gutangaza ko u Rwanda rufite inshingano mpuzamahanga ku…

  • Perezida Ndayishimiye yemeje ko myaka amaze ku butegetsi yari ataramenya kuyobora

    Perezida Ndayishimiye yemeje ko myaka amaze ku butegetsi yari ataramenya kuyobora

    Perezida w’u Burundi Ndayishimiye Evariste, yavuze ko imyaka itandatu amaze ku butegetsi yari ari ku ishuri ryo kwiga uko bateza imbere igihugu, ubu akaba ari bwo akibimenya. Ibi yabivuze ku wa 19 Kamena 2026, mu giterane cyo gushima Imana ku bw’imyaka itandatu amaze ku butegetsi. Ndayishimiye yagiye ku butegetsi muri Kamena 2020. Muri iki gihe…

  • Perezida Kagame yavuze impamvu abayobozi bamwe badatinda mu nshingano baba bahawe

    Perezida Kagame yavuze impamvu abayobozi bamwe badatinda mu nshingano baba bahawe

    Perezida Paul Kagame yagaragaje ko hatabayeho kwihangana, abaminisitiri bakurwa mu nshingano batamazemo igihe kinini bakabaye bakurwamo mbere kuko bahabwa amahirwe yo kwikosora ariko ntibahinduke. Yabisobanuye kuri uyu wa 17 Kamena 2026, ubwo yari amaze kwakira indahiro z’abayobozi baherutse guhabwa inshingano nshya muri guverinoma no mu zindi nzego nkuru z’igihugu. Umukuru w’Igihugu yavuze ko nta gikwiye…

  • Gen. Muhoozi yongeye kuvuga kuri Gshumba aheruka kwirukana mu kimeze nk’ishyaka yashinze cyitwa PLU

    Gen. Muhoozi yongeye kuvuga kuri Gshumba aheruka kwirukana mu kimeze nk’ishyaka yashinze cyitwa PLU

    Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba yavuze ko hari byinshi ateganya kuganirira mu muhezo na Frank Gashumba  aherutse kwirukana mu kimeze nk’ishyaka yashinze akakibera umuyobozi mukuru, Patriotic League of Uganda (PLU). Gen Muhoozi abinyujije kuri X yavuze ko ateganya kuganira na Gashumba kandi ko amwijeje umutekano. Yagize ati ” Ndateganya kuganirira mu muhezo…

  • Nyuma yo gufungwa, Mironko yatsinze Leta mu rubanza rwatumye Urukiko rw’ikirenga ruhindura itegeko

    Nyuma yo gufungwa, Mironko yatsinze Leta mu rubanza rwatumye Urukiko rw’ikirenga ruhindura itegeko

    Urukiko rw’Ikirenga rwafashe icyemezo ku kirego cyatanzwe na Mironko François Xavier, wasabaga ko ingingo ya 81 y’itegeko rigenga imiburanishirize y’imanza zimwe na zimwe ikurwaho kuko yavugaga ko inyuranyije n’Itegeko Nshinga. Ibi byaturutse ku kuba Mironko yarakatiwe n’Urukiko rw’Ikirenga ku wa 22 Gashyantare 2023 azira icyaha cyo gutuka urukiko mu gihe cy’iburanisha. Yafunzwe amezi atatu nyuma…

  • Wari uziko gusoma umukunzi wawe ku ijosi bigabanya stress?

    Wari uziko gusoma umukunzi wawe ku ijosi bigabanya stress?

    Mu buzima bwa buri munsi, abantu benshi bahura n’ibibazo bitandukanye bibatera stress, yaba ituruka ku kazi, amasomo cyangwa ibibazo by’ubuzima rusange. Nubwo hari uburyo bwinshi bwo kuyigabanya nko gukora siporo, gutekereza (meditation) cyangwa gufata ikiruhuko, ubushakashatsi butandukanye bwagaragaje ko hari n’uburyo bworoheje kandi bwihishe mu mibanire y’abantu nko gusomana ku ijosi hagati y’abakundana nabwo bushobora…

  • Makolo ashinja HRW gukomeza gukwirakwiza amakuru abogamye ku Rwanda na RDC

    Makolo ashinja HRW gukomeza gukwirakwiza amakuru abogamye ku Rwanda na RDC

    Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Yolande Makolo, yanenze raporo iherutse gutangazwa na Human Rights Watch, ivuga ku bibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Iyi raporo yasohotse ku wa 10 Kamena 2026, igaruka ku byaha birimo kwicwa kw’abasivile, ifungwa rinyuranyije n’amategeko ndetse no gushyira abaturage mu gisirikare ku gahato. Gusa, yashyize…