Category: Politiki

Amakuru ya Politiki yaba iyo mu Rwanda ndetse n’iyo mu mahanga

  • Rwongeye kwambikana hagati ya FARDC na AFC/M23

    Rwongeye kwambikana hagati ya FARDC na AFC/M23

    Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’imitwe bikorana byakajije ibitero ku birindiro by’umutwe witwaje intwaro wa M23 mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru n’ibya MRDP-Twirwaneho mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, bitwara ubuzima bw’abasivili, abandi benshi barakomereka. Ibi bitero byagabwe kuva mu gicuku cyo kuri uyu wa 9 Kamena 2026, hifashishijwe drones zirimo izo mu bwoko…

  • Impaka ni zose ku byo Ububirigi bwatangaje ku bihano Amerika yafatiye u Rwanda

    Impaka ni zose ku byo Ububirigi bwatangaje ku bihano Amerika yafatiye u Rwanda

    Impaka ku mutekano n’amahoro mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zikomeje gufata indi ntera nyuma y’uko Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Maxime Prevot, agaragaje ko igihugu cye gishyigikiye uburyo bushya bwo gukemura ikibazo cy’umutekano muri aka karere, aho kuvana Ingabo z’u Rwanda ku butaka bwa Congo bigomba kujyana no gusenya umutwe wa FDLR…

  • Indege za FARDC zongeye kurasa mu bice AFC/M23 yigaruriye zica benshi abandi barakomereka

    Indege za FARDC zongeye kurasa mu bice AFC/M23 yigaruriye zica benshi abandi barakomereka

    Abaturage bakomeje kwicwa no gukomereka muri Minembwe mu gihe AFC/M23 ishinja FARDC kongera ibitero ku bice bituwe cyane Umutekano ukomeje kuba ikibazo gikomeye mu bice byinshi byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo nyuma y’uko ihuriro AFC/M23 ritangaje ko ibice bituwe n’abaturage muri Minembwe byongeye kugabwaho ibitero ryita ibyo guhungabanya ubuzima bw’abasivili no gukomeza kubashyira mu…

  • RDC: Col. Mambweni wari warakatiwe imyaka 10 y’igifungo yakatiwe urwo gupfa mu bujurireRDC: Uwari

    RDC: Col. Mambweni wari warakatiwe imyaka 10 y’igifungo yakatiwe urwo gupfa mu bujurireRDC: Uwari

    Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwatanze umwanzuro ku rubanza ku iyicwa  ry’impuguke za Loni, Umunyamerika Michael Sharp, na Zaida Catalan, wari ufite ubwenegihugu bwa Suede na Chili. Aba bishwe muri Werurwe 2017 ubwo barimo gukora iperereza ku ihohoterwa ryabereye mu Ntara ya Kasai nyuma y’imyivumbagatanyo y’imitwe yitwara gisirikare ya Kamwina Nsapu, yahagaritswe n’inzego z’umutekano. Uru rubanza…

  • Umutwe wa Twirwaneho wavuze ku mirwano yawuhanganishije na RDF na AFC/M23

    Umutwe wa Twirwaneho wavuze ku mirwano yawuhanganishije na RDF na AFC/M23

    Umutwe wa MRDP-Twirwaneho watangaje ko amakuru amaze iminsi akwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga no mu nzego zitandukanye avuga ko habereye imirwano hagati yawo, ingabo z’u Rwanda (RDF) ndetse n’abarwanyi ba AFC/M23 mu gace ka Minembwe ari ibinyoma bidafite ishingiro, ugashinja ubutegetsi bwa Kinshasa kuba buri inyuma y’ayo makuru. Ibi bikubiye mu itangazo uyu mutwe washyize hanze…

  • Indege za Israel zagiye kurasa muri Iran zigarukana n’ibisasu bya Iran bisenya byinshi muri Israel

    Indege za Israel zagiye kurasa muri Iran zigarukana n’ibisasu bya Iran bisenya byinshi muri Israel

    Iran yarashe ibisasu bya missile kuri Israel, nyuma y’uko Israel igabye ibitero ku butaka bwa Iran, aho humvikanye ibisasu bikomeye mu mijyi irimo Tehran, Tabriz na Isfahan Igisirikare cya Israel cyatangaje ko Iran yarashe misile nyinshi ku butaka bwayo, bituma impuruza zivuga mu bice bitandukanye by’igihugu, abaturage basabwa kujya mu bwihisho. Mu gitondo cyo ku…

  • Igisirikare cya Uganda kigiye gusezerera aba Jenerari 4 bakomeye

    Igisirikare cya Uganda kigiye gusezerera aba Jenerari 4 bakomeye

    Igisirikare cya Uganda (UPDF), gishobora gusezerera abasirikare barimo umunani bafite ipeti rya Générale, kubera ko bujuje imyaka yo kujya mu kiruhuko cy’izabukuru. Mu bashobora gushyirwa mu kiruhuko cy’izabukuru harimo Gen Katumba Wamala wabaye Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Lt Gen Charles Awany Otema, Lt Gen Charles Angina na Maj Gen Godfrey Katsigazi Tumusiime. Hari kandi…

  • Nyuma y’uko Iran igabye ibitero byishya Amerika igiye kuyiha igihano itigeze itekereza na rimwe

    Nyuma y’uko Iran igabye ibitero byishya Amerika igiye kuyiha igihano itigeze itekereza na rimwe

    Nubwo hari agahenge kari karumvikanyweho hagati y’impande zihanganye mu ntambara yo muri Iran, hakomeje kugaragara ibikorwa bikinyuranyije na ko, ibintu byatumye umwuka w’ubwumvikane urushaho kuzamo agatotsi. Byongeye gukara nyuma y’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zitangaje ko ziri kwiga uburyo zakwifashisha imitungo ya Iran mu gusana no kwishyura ibyangijwe n’intambara mu bihugu bifitanye umubano wa…

  • AFC/M23 ikoze Operasiyo idasanzwe ifata Abarwanyi barimo babiri bafite amapeti yo hejuru barimo umuyobozi wa Wazalendo

    AFC/M23 ikoze Operasiyo idasanzwe ifata Abarwanyi barimo babiri bafite amapeti yo hejuru barimo umuyobozi wa Wazalendo

    Operasiyo idasanzwe yayobowe na Colonel Vianney Kanyamuhanda Kazarama, usigaye ashinzwe ibikorwa by’ubukangurambaga muri AFC/M23, yageze ku musaruro ukomeye nyuma yo gufatira umwe mu bayobozi b’imitwe ya Wazalendo inatuma undi murwanyi mukuru wo muri iyo mitwe afata icyemezo cyo kwishyikiriza ubuyobozi bwa AFC/M23 ku bushake. Iyi operasiyo yabereye mu gace ka Nyabanira gaherereye muri Groupement ya…

  • FARDC yazanye amayeri mashya azayifasha gutsinda AFC/M23 mu ntambara yageze mu cyiciro gishya cy’urugamba

    FARDC yazanye amayeri mashya azayifasha gutsinda AFC/M23 mu ntambara yageze mu cyiciro gishya cy’urugamba

    Imirwano imaze imyaka myinshi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje gufata indi sura, aho ubutegetsi bwa Kinshasa busa n’ubwinjiye mu cyiciro gishya cy’urugamba rutarangwa gusa no gushaka gutsinda ibitero by’ako kanya, ahubwo rugamije kunaniza uwo bahanganye kugeza igihe atakaje ubushobozi bwo gukomeza urugamba. Aya mayeri azwi nka “intambara yo kunaniza cyangwa war…