by
Category: Politiki
Amakuru ya Politiki yaba iyo mu Rwanda ndetse n’iyo mu mahanga
-

RDC: Col. Mambweni wari warakatiwe imyaka 10 y’igifungo yakatiwe urwo gupfa mu bujurireRDC: Uwari
Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwatanze umwanzuro ku rubanza ku iyicwa ry’impuguke za Loni, Umunyamerika Michael Sharp, na Zaida Catalan, wari ufite ubwenegihugu bwa Suede na Chili. Aba bishwe muri Werurwe 2017 ubwo barimo gukora iperereza ku ihohoterwa ryabereye mu Ntara ya Kasai nyuma y’imyivumbagatanyo y’imitwe yitwara gisirikare ya Kamwina Nsapu, yahagaritswe n’inzego z’umutekano. Uru rubanza…
by
-

Umutwe wa Twirwaneho wavuze ku mirwano yawuhanganishije na RDF na AFC/M23
Umutwe wa MRDP-Twirwaneho watangaje ko amakuru amaze iminsi akwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga no mu nzego zitandukanye avuga ko habereye imirwano hagati yawo, ingabo z’u Rwanda (RDF) ndetse n’abarwanyi ba AFC/M23 mu gace ka Minembwe ari ibinyoma bidafite ishingiro, ugashinja ubutegetsi bwa Kinshasa kuba buri inyuma y’ayo makuru. Ibi bikubiye mu itangazo uyu mutwe washyize hanze…
by
-

Indege za Israel zagiye kurasa muri Iran zigarukana n’ibisasu bya Iran bisenya byinshi muri Israel
Iran yarashe ibisasu bya missile kuri Israel, nyuma y’uko Israel igabye ibitero ku butaka bwa Iran, aho humvikanye ibisasu bikomeye mu mijyi irimo Tehran, Tabriz na Isfahan Igisirikare cya Israel cyatangaje ko Iran yarashe misile nyinshi ku butaka bwayo, bituma impuruza zivuga mu bice bitandukanye by’igihugu, abaturage basabwa kujya mu bwihisho. Mu gitondo cyo ku…
by
-

Igisirikare cya Uganda kigiye gusezerera aba Jenerari 4 bakomeye
Igisirikare cya Uganda (UPDF), gishobora gusezerera abasirikare barimo umunani bafite ipeti rya Générale, kubera ko bujuje imyaka yo kujya mu kiruhuko cy’izabukuru. Mu bashobora gushyirwa mu kiruhuko cy’izabukuru harimo Gen Katumba Wamala wabaye Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Lt Gen Charles Awany Otema, Lt Gen Charles Angina na Maj Gen Godfrey Katsigazi Tumusiime. Hari kandi…
by











